
Kevine Kagirimpundu uri mubatangiye gukora inkweto mu Rwanda, yagaragaye ku byapa bishyirwaho ibyamamare ‘Times square’ muri New York.
Izi bose babireba kandi zinyuzwaho amashusho cyangwa amafoto y’abantu b’ibyamamare cyangwa abandi bakoze ibikorwa by’indashyikirwa.